in

Uko byari bimeze ubwo ba bana b’abanyarwanda batwaye igikombe cy’isi bagarukaga mu Rwanda (Amafoto)

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Gicurasi 2022 nibwo ikipe y’u Rwanda y’abana batarengeje imyaka 13 iherutse kwegukana igikombe cy’Isi cyateguwe na Paris Saint-Germain yageze ku kibuga mpuzamahanga cya Kigali.

Aba bana bari baje kwakiranywa urugwiro n’abantu benshi bari bitwaje amabendera y’U Rwanda aho baje babasanganira baririmba indirimbo zitandukanye ndetse banabagaragariza ko babishimiye.

Dore uko byari bimeze mu mafoto:


Amafoto: IGIHE

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kwakira yesu, ibyo yakoze biratangaje

Abanyeshuri ntibazibagirwa ibyo umupolisi yabakoreye