in

Uhuye nabo wakwiruka; Dore ubwoko budasanzwe aho bagira amano abiri gusa nayo ateye mu buryo budasanzwe

Mu turere twa Urungwe na Sipolilo hafi y’ikibaya cy’umugezi wa Zambezi mu majyaruguru ya Zimbabwe hari ubwoko butangaje.

Mu majyaruguru ya Zimbabwe haba abaturage bitwa aba Vadoma. Baratangaje cyane, kuko bafite amano ibiri yonyine.

Uhereye ku isura ni abantu nka twe, ariko bagira ibirenge bifite amano abiri gusa nayo ateye mu buryo budasanzwe

Aba-Vadoma muri Zimbabwe bagera ku 16,000 bose bagakoresha ikirimi cy’iki Dema.

Abenshi muba Doma(aba Vadoma) basengera mu idini ry’abadiventisite b’umunsi wa karindwi kuko rikunze kugaragaza ibikorwa byinshi byo kubafasha birimo nko kuba barubakiye amashuri abana babo bigamo.

Sinzi niba uhuye n’umwe muri bo utagira ubwoba, gusa ni abantu basanzwe uretse iyi miterere yabo yo kugira amono abiri yonyine.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 2 b’ikipe yatwaye igikombe umwaka ushize bagarutse mu myitozo nyuma y’uburwayi bamaranye iminsi

Kakubayeho wowe mugore ugira zino ngeso