in

Ubuzima bwa producer Junior Multisystem waciwe ukuboko buri mu kaga

Ubuzima bwa Karamuka Jean Luc wamamaye nka Junior Multisystem wakoze impanuka , bikamuviramo gucibwa ukuboko biravugwa akomeje kurembera mu rugo nyuma y’aho bamuciye ukuboko ariko ntigukire neza.

Ubuzima bwa Junior Multisystem uri mu ba Producer beza u Rwanda rwagize buri mu kaga, nyuma y’aho akoreye impanuka agacibwa akaboko, aho bagaciriye ntihakire neza ku buryo ubu abana n’uburibwe afite n’impungenge ko ashobora kurwara kanseri.

Twabibutsa ko mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 30 Werurwe 2019 aribwo uyu producer yakoze impanuka ikomeye i Remera , nyuma yaho ku wa 03 Mata 2019 ni bwo abaganga bafashe umwanzuro udasubirwaho wo guca akaboko k’ibumoso ka Junior gusa bivugwa ko magingo aya kutarakira neza.

Producer Junior Multisystem mbere yo gukora impanuka

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kadaffi Pro yarwaje abantu imbavu ku mbuga nkoranyambaga kubera ibyo yakoze (video)

Tangira urye aya mafunguro niba ushaka kwitwara neza mu gitanda n’umukunzi wawe