in

Ubuyobozi bwa Rayon Sports nabwo bwamaze kurambirwa umusaruro w’umutoza wayo Wade none bwamaze gufata umwanzuro

Ikipe ya Rayon Sports iri mu nzira zo gutangaza umutoza mukuru uzasimbura Umunya-Mauritania, Mohamed Wade uyitoza by’agateganyo kuva mu mezi asaga abiri ashize.

Umwe mu bayobozi ba Rayon Sports waganiriye na IGIHE dukesha iyi nkuru ko mu gihe kitarambiranye Murera igomba gutangaza umutoza mukuru mu barenga 30 basabye gutoza iyi Kipe ifite ibikombe bya Shampiyona icyenda, iby’Amahoro 10 n’ibya Super Cup bibiri.

Yakomeje avuga ko hari imwe mu mikino Ubuyobozi wa Rayon Sports butishimiye uko amanota atatu yabuze byatumye butakariza icyizere Umutoza Wade.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

FERWAFA yabyinjiyemo! Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ryatangaje ibyavuye mu iperereza ryakoze ku byiswe ihohoterwa rishingiye ku gitsina myugariro wa AS Kigali yakoreye umusifuzikazi Akayezu Umutoni Aline – AMAFOTO 

Uwari umwana utoragura umupira, yatsindiye igitego Manchester city ayihesha amanota 3 muri Uefa Champions League