in

Ubukwe bwa Anita Pendo na Japhet Mpazimaka bwavugishije benshi – Amajwi

Imbuga nkoranyambaga zitandukanye hakomeje kumvikana amajwi y’abanyamakuru ba Magic FM, Anita Pendo na Japhet Mpazimaka bavuga ko bakoze ubukwe.

Ni amajwi yafatiwe mu kiganiro Magic Morning kuri Magic FM aba bombi basanzwe bakorera,  kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Mata 2023, bumvikanye bavuga ko basezeranye kubana akaramata.

Ni ibintu bikomeje kugarukwaho aho hari abari kwibaza ibijya mbere, gusa ariko aba bombi bakunze gutebya, gusa kubera ukuntu bisanzuranaho byashyize abantu mu rujijo.

Dore bimwe mu bitekerezo byavuzwe ku majwi ya Anita Pendo na Japhet.

Umva amajwi

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wakora iki? Umukobwa yabuze ubwenge nyuma yo kwitabira ubukwe bw’inshuti ze agasanga umukwe ni umukunzi we wamubwiye ko agiye kurwaza nyina

Abasifuzi bose bo mu Rwanda bari kubyinira ku rukoma nyuma y’itangazo ryasohowe na Ferwafa