in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Ubuhamya bw’uburyo abakobwa baca inyuma abahungu

Hari abagore batandukanye bagiye batanga ubuhamya bwabo bavuga uburyo bagiye baca inyuma abakunzi babo.Twifashishije imbuga zitandukanye harimo na Twitter tugiye kurebera hamwe bumwe muri ubwo buhamya:

Umwe yagize ati:”Muraho Oloni , nabwiye umukunzi wanjye ko nasinziriye, ariko nari nagiye kureba abandi bagabo batatu, ibyo twskoranye biratangaje .Abo bagabo banyitayeho iryo joro ryose bansimburanwaho”

Undi ati:” Ubwo uwahoze ari umugabo wanjye yari yaragiye mu rugendo rw’akazi, naje gutumira umukoresha we aza murugo.ibyo twakoreye mu ntebe in amateka, umugabo wanjye adahari.”

Undi mugore nawe yagize ati:”Umugabo wanjye mpora muca inyuma cyane biranshimisha  kuko akenshi ntakunze kuba mu rugo inshuro ebyiri mu cyumweru nibwo mubona”.

Undi ati:” mfite umusore ugira urukundo cyane ,twahuye rimwe ndamukunda nubwo hari undi nkundana nawe.uyu musore mushya naramusuye muri weekend turarana nakunze ibyo yakoreye iryo joro.Nasinziye bucyeye naramukunze cyane kurusha uwa mbere ,kandi musura kenshi.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wa TV iri mu zikomeye mu Rwanda yerekanye imodoka ihenze cyane yihembye ku isabukuru ye (Amafoto)

Ibyishimo ni byose ku bitabiriye Car Free day (Amafoto)