in

Ubu bari aho umwana arira nyina ntiyumve! Abakinnyi b’amakipe akomeye bateretse baro hasi bakegura ikaramu bakajya kwicara imbere y’ikizami cya Leta -AMAFOTO

Munyaneza Didier umukinnyi w’igare akaba n’umutoza ndetse ba Gitego Arthur rutahizamu wa Marine FC bari mu bakinnyi batangiye ibizamini bya Leta mu mashuri abanza ndetse n’ayisumbuye.

Kuva kuri uyu wa Kabiri tariki 25, mu Rwanda hose hatangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ndetse n’ayisumbuye.

Abanyeshuri bashoje umwaka wa gatandatu w’amashuri abanaza, icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, ndetse n’icyiciro cy’amashuri makuru, bose babyukiye mu bizamini bizamara hafi icyumweru.

Reka duhere mu mupira w’amaguru

Ganijuru Ishimwe Elie

Ganijuru nimwe umwe mu bakinnyi bazwi bari gukora ibizamini bya Leta, bisoza amasomo asoza icyiciro cy’amashuri yisumbuye akaba asanzwe ari nimero 3 wa Rayon.

Hakizimana Adolphe

Adolphe, ni umunyezamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, ndetse n’ ikipe ya Rayon Sports.

Gitego Arthur

 

Ni umwe mu bakinnyi bazwi bari mu bizamini bisoza amashuri yisumbuye yu musore asanzwe ari rutahizamu w’ikipe ya Marine FC.

Nshimiyimana Pascal

 

Nawe ni umukinnyi wa Marine FC ukina mu izamu, akaba ari gukora ibizamini bisoza amashuri yisubumbuye.

Mwebaze Yunussu

Myugariro wa Marine FC nawe ari mu bakinnyi 4 b’iyi kipe bari gukora ibizamini bya Leta, akaba nawe ari gusoza amashuri yisumbuye.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akubita ikibuno ntibagarure! Amashusho y’umusore ufite ubumuga bw’amaguru yombi ari kubyinira mu muhanda azunguza ikibuno kurusha umukobwa bari kumwe akomeje kurikoroza -Videwo

Uyu we azacumuza benshi: Miss Nyambo yerekanye amatomati ye atukura kurusha urunyanya ab’imitima yoroshye batangira kurabya indimi bitewe nibyo babonaga -AMAFOTO