in

Tiwa Savage yibasiye abagabo barangiza mu munota umwe anatanga ingero z’ibyamamare ku isi

Tiwa Savage umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Nigeria umaze kumenyekana hirya no hino ku isi bitewe n’ibihembo yibitseho ndetse na diploma y’ikirenga yibitseho, yibasiye abagabo barangiza mu munota umwe barimo batera akabariro.

Tiwa Savage ibi yabuvuze muri Uganda ubwo yari amaze gukorerayo igitaramo kitabiriwe n’abarenga 20,000 hanyuma niko gutangira kwibasira abagabo barangiza vuba.

Yagize ati “abagabo barangiza mu munota umwe ntago ari sawa, abagore ntago dukunda umugabo urangiza mu munota umwe”

Yakomeje agira ati ” Michael nawe yari muri icyo kiciro gusa yaje kunyereka ko atakiri wa mugabo urangiza mu munota umwa”.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lily watigishije imbuga nkoranyambaga kubera imyenda yari yambaye muri Arena yavuze ibyo umusore bakundanaga yamukoreye (video)

Umunyamakuru Phil Peter yashyize hanze ukuri kose kubyo gufungisha Moses yavuzweho (video)