in

“The Ben yahaye umugore we Pamella imodoka ya pirate, Bruce Melodie yahaye umugore we imodoka ya Coach Gael”: Papa Cyangwe abyutse ashyira kukarubanda abahanzi babiri b’ibyamamare mu Rwanda -AMASHUSHO

“The Ben yahaye umugore we Pamella imodoka ya pirate, Bruce Melodie yahaye umugore we imodoka ya Coach Gael”: Papa Cyangwe abyutse ashyira kukarubanda abahanzi babiri b’ibyamamare mu Rwanda.

Umuraperi uri mu bakunzwe cyane hano mu Rwanda Papa Cyangwe yashyize kukarubanda abahanzi babiri bakunzwe cyane hano mu Rwanda aribo Bruce Melodie na The Ben basanzwe bari kwisonga muri muzika nyarwanda aho yavuze ko imodoka umuhanzi The Ben aherutse guha umugore we Pamella ari pirate mu gihe avuga ko imodoka Bruce Melodie yahaye umugore we yari iya Bossi we Coach Gael.

Umva byinshi mu byo Papa Cyangwe yatangaje mu kiganiro yagiranye na Ddumba kuri Instagram:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mimi amarangamutima ye yose yayasutse hasi abwiza ukuri umugabo Meddy -IFOTO

Breaking News: Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwemeza umutoza ugomba kuyifasha mu mikino yo kwishyura