in

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) yamaze kubona umuterankunga ugiye gutuma abakinnyi n’abatoza bamwenyura

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) yamaze kubona umuterankunga uzajya uhemba abakinnyi n’abatoza bitwaye neza ku kwezi ndetse n’umwaka aho bifite agaciro ka miliyoni 150 z’amafaranga y’u Rwanda.

Uyu muterankunga akaba ari Sosiyete y’imikino y’amahirwe imenyerewe mu Rwanda ya Gorilla Games.

Ni amasezerano yashyizweho umukono ejo hashize ku wa Kane tariki ya 7 Ukuboza 2023 na perezida w’akanama k’ubutegetsi ka shampiyona y’u Rwanda, Mudaheranwa Hadji Yusufu n’umuyobozi wa Gorilla Games, Brian Nkuru.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yibitse ko yapfuye: Umukobwa witwa Uwineza Benitha yasohoye itangazo avuga ko yapfuye hashize akanya arazuka asaba imbabazi

Ubuyobozi bwa APR FC bwumvise agahinda k’abafana bayo! Chairman wa APR FC yasubije abafana b’iyi kipe mu kubakiza agahinda baherutse kugaragaza ko batishimiye umutoza Thierry Froger