in

Shaddyboo ari mu ihurizo kucyo yakora kugirango arye ku mafaranga y’umukunzi we

Shaddyboo ari mu ihurizo kucyo yakora kugirango abone ku mafaranga y’umukunzi we wayabikije Mama we.

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’uko avuze ko nta mugabo wakimye umugore we 50% by’ubutunzi, yavugaga atarabona.

Uyu mubyeyi w’abana babiri yabyaranye na Meddy Saleh ariko akaba ari mu rukundo na Manzi Jeanot, yavuze ko yagerageje kumwaka ku mafaranga ariko uyu mukunzi we akamubera ibamba kuko ngo Mama atarimo kwitaba telefoni.

Shaddyboo avuga ko yabuze icyo akora kandi amafaranga ayakeneye cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bruce Melodie yaciye amarenga ko ashobora kuba yaguze indi modoka y’agatangaza – AMAFOTO

Abatozo b’ikipe ya APR FC umwaka utaha bashobora kutazaba aribo bari kuyitoza