in

Sebihogo Kazeneza Merci witabiriye Miss Rwanda agiye gukora ubukwe

Sebihogo Kazeneza Merci uri mu bakobwa bahataniye ikamba rya Miss Rwanda 2022 akaba n’Igisonga cya Mbere cya Miss wa Kaminuza ya UTB mu 2016 agiye kurushinga n’umukunzi we Nkota Elysée bamaze igihe bakundana.

Ni nyuma y’uko Ku wa 27 Ukuboza 2022, Miss Kazeneza Merci yatunguwe n’umukunzi we Rukundo Nkota Elysée amwambika impeta amusaba ko yamubera umugore undi na we arabimwemerera.

Ibirori byo gusaba no gukwa biteganyijwe ku wa 16 Nyakanga 2023 ku Kigo cya Les Poussines de Gisenyi ahahoze hitwa St Fidelle.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Shakib niwe washatse neza! Umuherwekazi Zari Hassan yagaragaye arimo gusoroma intoryi mu murima – VIDEWO

Kamonyi: babangamiwe n’umwanda wo mu bwiherero ushyirwa mu mazi bavoma n’Umugabo baturanye.