in

Rwatubyaye Abdul uherutse gutera umugongo Rayon Sports, yatanze ubutumwa bwongeye gushimangira ikipe yihebeye hagati ya APR FC na Murera

Rwatubyaye Abdoul uherutse gutera umugongo Rayon Sports akigira mu ikipe ya Shkupi yo muri Macedonia, ndetse yashimira byimazeyo aba Rayons bose kubw’urukundo bamuhaye ndetse no kuba batarigeze bamukuraho amahoko yewe no mubihe bigoye.

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Rwatubyaye yavuze ko azirikana ibihe byiza yagiranye na Rayon Sports, akayifuriza ishya n’ihirwe murugamba irimo rwo gushaka ibikombe.

Muri uku gushima, Rwatubyaye yashimiye Rayon Sports ntiyigeze avuga APR FC nayo yakiniye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza inkuru nziza ku kintu abakunzi bayo bahoraga bayisaba

Ibyishimo ni byose ku mufana ukomeye cyane w’ikipe ya Mukura VC uzwi nka Mama Mukura waje kwirebera ibirori byo gutangiza Tour de Rwanda agace ka Gatatu – VIDEWO