in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Rwanda: Igikamyo kinini kigonze moto itwaye umugore utwite ||birababaje

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 09 Ugushyingo 2021 mu muhanda ava I Save ugana I Huye mu majyepfo y’u Rwanda habereye impanuka ikomeye, aho ikamyo nini yagonze moto yàri itwaye umubyeyi utwite.

Mu babonye iyi mpanuka batangarije Legacy TV ko umushoferi wari itwaye iyi kamyo ari we wagonze moto yari imbere ye, ayigonga ayiturutse inyuma kuko byajyaga mu cyerekezo kimwe.Abaturage batangaje ko uwo mushoferi w’ikamyo yagendaga ku muvuduko udasanzwe kuburyo yagendaga ashaka kugonga uwo asanze wese imbere ye.Bavuze ko yashatse kugonga umunyegare ,ahita ava mu muhanda aribwo yahise akomeza agonga umumotari wari imbere ye.

Uyu mubyeyi nubwo yahungabanye ntacyo yabaye ndetse n’umumotari ,inzego z’umutekano zahise zihagoboka zibasha kubafasha kuhabwa ubufasha bwibanze.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yafunzwe imyaka 22 yose arengana, uko byamugendekeye afunguwe birarenze.

Amashusho y’umusore wa bettinze akaribwa akomeje gusetsa abantu (Video)