in

Rwanda: Ba bagabo bafite ubumuga bubatse inzu imyaka 12 bakorewe ibintu bikomeye

Abavandimwe babiri bamugaye bagaragaje umwiyemezo mwinshi nyuma yo gutangira umushinga wo kubaka inzu yabo bakanga gucika intege kugeza igihe ubufasha bwaje kubirangiza none inzu yabo yavuyemo inzu ihebuje. Aba bagabo bavindimwe bitwa Abraham na Eric birabagora gukora ibintu vuba nk’abandi kubera ubumuga ariko banga guhagarika gukorera murugo rwabo.

Mu minsi yashize nibwo twabagejejeho inkuru y’uburyo aba bagabo bafite ubumuga bwo gutitira umubiri wabo aho bibagora gukora neza ,ariko bakaba bariyemeje kwiyubakira inzu,aho byabatwaye imyaka 12 kugeza ubwo babonye ubufasha. Kuri ubu,  Abraham na Eric bafite inzu nziza yo kubamo irimo ibikoresho bigezweho byo murugo. amashusho agaragaza aba bavandimwe bishimye yasangijwe kuri YouTube berekana ibyishimo banabyinira  imbere y’inzu yabo nshya, byerekana umunezero mwinshi no gushimira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunsi wa nyuma wa Premier League ni ibicika, abafana bakiriye amakipe mu buryo budasanzwe.

Ni paradizo: ihere ijisho ubwiza bw’inzu Abimukira bo mu Bwongereza bazabamo mu Rwanda(Video)