in

Rwabuze gica: Abakunzi bagasobanuye bananiwe kwemeza umusobanuzi bazareba filime ye nyuma y’uko Rocky Kimomo na Junior Giti basonuye filime imwe

Abantu benshi mu Rwanda bakuze bareba filime zisobanuye mu Kinyarwanda izo benshi bakunze kwita agasobanuye gusa kugeza magingo aya ntawatinya kuvuga ko agasobanuye kagikunzwe cyane.

Mu Rwanda hari abasobanuzi ba filime zagasobanuye bamaze kwigarurira imitima ya benshi nyuma ya nyakwigendera Yanga aribo Rocky Kimomo na Junior Giti umuvandimwe wa Yanga gusa aba basobanuzi ba filime abakunzi babo bantaniwe kumvikana ku musobanuzi bazareba filime ye nyuma y’uko aba bombi basobanuye filime imwe.

Umunyamakuru Murungi Sabin yabajije abakurikira Isimbi TV ku rubuga rwa Instagram umusobanuzi bazarebera filime ye nyuma y’uko aba bombi bakoze filime yitwa “Sisu” maze abakunzi babo ntibaripfana kuko buri wese yagiye avuga filime y’umusobanuzi azareba bitewe nuwo akunda ndetse nicyo amukundira.

Na we ihere ijisho bimwe mu byo abakunzi ba Rocky Kimomo ndetse na Junior Giti bagiye batangaza:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yamugiye hejuru avuza induru! Umuherwekazi Kate Bashabe wakinaga n’imbwa ye yamugiye hejuru aratabaza – VIDEWO

Umutoma W’umunsi: Ku wa 14/5/2023 – Tereka ayo maso meza yawe.