in

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi uherutse kubona ikipe hanze y’igihugu, yatangiye atsinda ibitego mu mukino we wa mbere yakiniye ikipe ye nshya

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Gitego Arthur uheruka kwerekeza mu ikipe ya AFC Leopards ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Kenya avuye muri Marine FC, ku Cyumweru yakinnye umukino we wa mbere muri iyi kipe.

Wari mu mukino wa gishuti warangiye batsinzwe na Nairobi ibitego 3-2 ariko ibyo bitego 2 byose byatsinzwe na gitego Arthur ndetse yewe yari yabanje mu kibuga.

Gitego Arthur ubu ni umukinnyi wa FC Leopards yo muri Kenya 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya ku bantu bakoresha umuhanda Gakenke- Musanze

Uwicyeza Pamela nawe yamaze kwerekeza i Washington DC asanzeyo umugabo we The Ben