in

Rutahizamu wa APR FC, Nshuti Innocent wamaze kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze umukino wamushimishije muri APR FC ndetse no mu ikipe y’igihugu Amavubi – VIDEWO

Rutahizamu wa APR FC, Nshuti Innocent yamaze gufata indege yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Agiye gusinyira Ikipe nshya yo mu Cyiciro cya gatatu ya One Knoxville, nyuma yo gutsinda igerageza yakoze mu Ukuboza 2023.

Mbere y’uko afata rutemikirere, Nshuti Innocent yavuze ko ubwo yari muri APR FC umukino wamushimishije ari uwo yatsinzemo Rayon Sports igitego tariki 15 Gicurasi 2023 mu gihe mu ikipe y’igihugu yashimishijwe n’umukino yatsinzemo igitego bakinnye na Afurika y’Epfo kuri Stade ya Huye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi b’ikipe ya APR BBC berekeje muri Qatar mu mwiherero w’iminsi 10 – AMAFOTO

Kigali: Ikamyo nini yari igeze ku Muhima, yakoze impanuka ikomeye aho yacitse feri maze igonga inzu – AMAFOTO