in

Ruhango: Umugore yasize urubyaro rwe mu nzu ari nijoro yiruka ntakimwirukanyije apfira ku irembo iwe

Mu karere Ruhango mugore wari ucumbitse mu murenge wa Byimana yasanzwe yapfuye urupfu rutunguranye.

Abaturage baravuga ko yasohotse mu nzu nijoro akabwira abana ngo bahunge hari abagabo bari kumwirukankana.

Uwo mugore yageze ku irembo arapfa baravuga ko abaye uwa Kane upfiriye muri iyo nzu muri ubwo buryo.

Abaturage bakomeza bavuga ko batewe ubwoba niyo nzu itajya imaramo igihe abantu bayicumbitsemo dore ko n’uwuyigiyemo wese avamo yapfuye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imibiri yabo izaba ari umutamenwa! Ihere ijisho amafoto y’abakinnyi b’ikipe ya Rayon Sport bari mu cyumba ngororamubiri (Gym)

Bwa nyuma na nyuma ubanza abonye urubavu rwe: Umuhanzi ukunzwe hano mu Rwanda mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yatereye ivi umukobwa mu buryo butunguranye[Video]