in

Rubavu: Abakora uburaya ‘Indaya’ barataka ibihembo bikomeye kubera kubura abakiriya babishyuraga mu madorari

Abakora uburaya ‘Indaya’ barataka ibihembo bikomeye kubera kubura abakiriya babishyuraga mu madorari.

Abaganiriye n’ikinyamakuru Imvaho Nshya dukesha iyi nkuru, bemeje ko babuze abakiriya babo babishyuraga mu mu madorari.

Abakorera uburaya mu karere ka Rubavu, bavuze ko bajyaga bambuka bakajya muru Congo aho bahuriragayo n’abagabo babishyuraga mu Madorari.

Umwe yavuze ko bishyurwaga amadorari 100 ku kuryamana n’umugabo umwe muri Congo

Bavuga ko guhera mu mwaka ushize batangiye guhura n’ingaruka zo gufunga imipaka ihuza u Rwanda na RDC, kuko batakibona amadolari n’Amayero bishyurwaga n’abakire bo muri icyo gihugu.

Bamwe bavuga ko bakumbuye amadolari bahabwaga n’Ingabo zoherejwe mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri RDC (MONUSCO).

Kuri ubu abo bambukiranyaga umupaka bagiye mu kazi k’uburaya, basigaye babikorera mu Rwanda ndetse bakanategereza abaherwa bari buturuke i Kigali.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntajya yisondeka! Reba amashusho agaragaza ibyo Harmonize yakoreye muri pisine ari kumwe n’umukobwa ufite inyuma hashyitse – VIDEWO

No ku myaka 5 yabaga yicaye imbere ya Piano, dore ifoto y’umugabo wa Knowless afite imyaka 5 (ifoto)