in ,

Rihanna yongeye kwandagazwa ku mbuga nkoranyambaga kubera isura ye

Umuhanzikazi Rihanna mu minsi ishize uherutse kugirira uruzinduko mu gihugu cy’ubufaransa aho yanahuye na Perezida Emmanuel Macron mu rwego rwo kuganira nawe kuri gahunda yatangije yo gufasha abakobwa bacikirije amashuri yabo kuyasubiramo yongeye kwandagazwa n’abantu bamwe na bamwe bibajije ku isura ye.

Rih_Fatface1
Rihanna ari kumwe na Brigitte Macron, umufasha wa Perezida Emmanuel Macron

Nkuko tubikesha mtonews, bamwe mu bantu  babonye iyi foto ya Rihanna ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye  bibajije kuri iyi sura ye bavuga ko asa nk’uwabyibushye cyane bitandukanye na mbere. Ibi biravugwa kandi mu gihe hamaze igihe hahwihwiswa amakuru ko Rihanna atwite inda ya wa muherwe witwa Hassan Jameel bamaze iminsi bameranye neza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibisabwa byose kugirango Neymar ave mu ikipe ya Fc Barcelona byagiye ahagaragara

Ikipe ya Liverpool iri mu gahinda gakomeye nyuma yo kwizera ibidashoboka