in ,

Ikipe ya Liverpool iri mu gahinda gakomeye nyuma yo kwizera ibidashoboka

Jurgen Klopp angry

Ikipe ya Liverpool nyuma yuko umukinnyi wayo ukomeye Philippe ari gushakishwa bikomeye n’ikipe ya Fc Barcelona kugirango ajye gusimbura Neymar jr, ndetse bikaba bishoboka cyane ko ashobora kwerekezayo, kurubu agahinda ko gutakaza uyu mukinnyi siko konyine bafite kuko n’umukinnyi bari bizeye kugura nawe bishoboka cyane ko batazamubona.Naby Keita RB Leipzig

Amakuru dukesha ikinyamakuru weltmeister cyo mubudage aravuga ko ubuyobozi bw’ikipe ya RP Leipzig bwatangaje ko Naby Keita umukinnyi wo hagati wifuzwaga n’ikipe ya Liverpool bikomeye atazayivamo ndetse ko ntanumukinnyi wiyi kipe uzagurishwa kugirango barebe uko bazakwitwara neza mu marushanwa yo ku mugabane w’iburayi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rihanna yongeye kwandagazwa ku mbuga nkoranyambaga kubera isura ye

Isomere bimwe mu byakomerekeje Michele Obama ubwo yari akiri “first lady”