in ,

Ibisabwa byose kugirango Neymar ave mu ikipe ya Fc Barcelona byagiye ahagaragara

Umukinnyi Neymar Jr umaze kwigarurira ibitangazamakuru ku isi yose kubera igenda rye ryagarutsweho cyane ndetse rikirimo urujijo, kurubu ikipe ya Fc Barcelona yashizwe ibwira ikipe ya PSG ibyo yifuza byose kugirango irekure uyu mukinnyi wayo wari uyifatiye runini nkuko tubikesha ikinyamakuru Marca cyo mu gihugu cya Espagne.Image result for Neymar saying bye bye

Nkuko iki kinyamakuru Marca kizindutse kibitangaza umukinnyi Neymar kugirango ave mu ikipe y Fc Barcelona yerekeze mu ikipe ya PSG nkuko byatangajwe mu nkuru zubishize harasabwa Miliyoni 222 z’amayero gusa ikiyongereyeho nuko ikipe ya PSG isabwa no kongeraho undi mukinnyi umwe hagati ya Angel Di Maria,Julian Draxel cyangwa Marco Verratti. Ibi nibyo byaciye intege cyane ikipe ya PSG bitewe nuko aba bakinnyi bose ari bamwe mu bakomeye igenderaho. Tukaba tuzabagezaho igisubizo cya PSG kuri ubu busabe mu nkuru zacu zitaha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore abanyarwandakazi bakurura abagabo kurusha abandi mu Rwanda

Rihanna yongeye kwandagazwa ku mbuga nkoranyambaga kubera isura ye