Shaddy  wahoze ari umugore wa Meddy Saleh n’umwe mu bakomeje kuvugisha abasore batari bacye mu Rwanda,ibi bigaragarira ku rubuga nkoranyambaga rwa instagram  dore ko uko ashyizeho ifoto ye hari abahimbaza uburanga bwe  ndetse bagashiduka yamusabye kuryamana nawe .Ubu shaddy yavugishije  abatari bacye nyamara bigaragara neza ko yiganye imyitwarire ya Kim Kardashian n’umuhanzikazi Fergie.
Shaddy yateruye ikirahure cy’amata maze ayisuka mu gituza maze iyo foto aba ariyo asangiza imbaga y’abamukurikira ndetse abenshi muribo barabishudira.
Ku wabonye iyo foto ya Shaddy asanzwe azi indirimbo ya Fergie yise M.I.L.F ( “Mother I’d Like to F***”)  azi neza ko Shaddy yiganye Kim Kardashian na  Fergie ,kuko nabo bayigaragaramo bari kwimenaho amata mu gatuza.