in

Rayon Sports ntibuze byose icyuye amafaranga nyuma yo kwandagazwa na APR FC

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Ukuboza 2022 nibwo ikipe ya APR FC yakinnye n’ikipe ya Rayon Sports muri shampiyona aho byaje kurangira APR FC yandagaje Rayon Sports iyitsinda igitego 1-0.

Hari mu mukino w’umunsi wa 14 wa Shampiyona aho ikipe ya APR FC ibifashijwemo n’umusore wayo Yannick Bizigamira wayitsindiye iki gitego cyayihesheje amanota atatu.

Gustinda APR FC bikomeje kuba inzozi ku ikipe ya Rayon Sports kuko ubu hashije imyaka igera kuri 3 itazi uko gutsinda APR bimera.

Gusa Rayon Sports ntibuze byose byibuze icyuye amafaranga kuko niyo yari yakiriye uyu mukino doreko yari yishyura akayabo, itike ya make byari ibihumbi bitanu naho iya meshi byari ibihumbi 100.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Sam
Sam
1 year ago

Iyi nkuru ntakigenda! Kiretse niba mutazi kwadagaza icyo aricyo

Nyuma yo gutsindwa abakinnyi ba Rayon bageze mu Rwambariro basubiranamo bararwana

Niba uri umukobwa ukagira izi ngeso kakubayeho ntuzubaka urugo ngo rukomere.