in

Pucuri ya Okkama yesheje akandi gahigo

Nyuma y’amezi asaga abiri umuhanzi Okkama ashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise « Pucuri » kuri ubu iyi indirimbo imaze kuzuza umubare w’abantu basaga miliyoni 2 bamaze kuyireba.

Kuzuza umubare w’abasaga miliyoni 2 icyo bivuze ku muhanzi Okkama ni motivasiyo nini ndetse n’urukundo yeretsqe n’abafana be cyane cyane muri iyi ndirimbo Pucuri ndetse n’izindi ndirimbo yakoze mbere yayo.

Kuvuga ko indirimbo Pucuri yesheje agahigo icyo bivuze nuko atari buri ndirimbo nyarwanda ya buri muhanzi igeza umubare w’abantu basaga miliyoni 2 bayirebye mu mezi abiri gusa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamagabe: Bafatiwe mu cyuho bari kwiba banki

Uko byari bimeze mu birori by’isabukuru y’amavuko y’umugore wa Mico The Best (video)