in

Polisi y’u Rwanda irashaka abakozi bazajya bita ku isuku y’imbwa zifashishwa mu gucunga umutekano

Polisi y’u Rwanda yashyize hanze itangazo rivuga ko ko ishaka abakozi b’indakemwa mu mico no mu myifatire bazajya bita ku isuku y’imbwa zifashishwa mu gucunga umutekano.

Abifuza aka kazi barasabwa kwandikira ushinzwe abakozi muri Polisi y’u Rwanda amabaruwa asaba akazi, basabwa kuba ari Abanyarwanda bazi kwandika no gusoma neza Ikinyarwanda, bakaba bafite ubuzima buzira umuze.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Alliah Cool yavuze kuri ba bagabo ashinjwa kwirukamo buri uko yasohotse igihugu

Dorcas na Vestine bavuye ku ishuri baza gufata mu mugongo Irene Murindahabi uherutse gupfusha umubyeyi we