in

Papa Sava mu ishusho nshya ku menyo ya zahabu n’impeta zigezweho(Videwo)

Niyitegeka Gratin umaze kugira izina rikomeye mu rwenya nyarwanda yatunguye abantu benshi kubera uburyo butamenyerewe yagaragayemo.

Abinyujije mu mashusho yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yagaraye mu buryo bwa gisitari benshi batamumenyereyeho.

Muri aya mashusho agaragara yambaye impeta nyinshi cyane ndetse avuga ko ari ibirombe bishya, nyuma yizi mpeta aba yambaye n’akandi kantu ku menyo ako we yise iryinyo rya zahabu.

Reba Videwo hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

KNC yashimagije FERWAFA nyuma yo kumuha igisubizo cyiza ku kirego yatanze avuga ko abasifuzi bamwibye ku mukino wa Rayon Sports

Imikino itanu APR FC na Rayon Sports zifite imbere ishobora gusiga ikipe imwe isize indi ku buryo bukomeye