in

Nyuma yo gutera ivi yatewe uwinyuma n’ikipe yakiniraga kubera impamvu z’ubwiru

Amakuru ari guturuka mu gihugu cy’u Burundi aremeza ko umukinnyi Ally Niyonzima yamaze gutandukana n’ikipe ya Bumamuru FC yakinagamo.

Ni amakuru abyutse asakara mu binyamakuru by’i Burundi, aho bemeza ko Ally Niyonzima yatandukanye na Bumamuru FC ku bw’impamvu zagizwe ubwiru.

Nkuko 257Foot yo mu Burundi ibitangaza ni uko uyu mukinnyi w’Umunyarwanda ukina mu kibuga hagati yamaze gutandukana na Bumamuru FC kubera impamvu zidasobanutse.

Ally Niyonzima yaherukaga kuvugwa mu itangazamakuru nyuma y’uko yambitse umukunzi we impeta yo kuzabana akaramata.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Sida mbi ni inzara. Na sida ubwayo yarumiwe” Uramutse wumvishe uko urubyiruko rufata Sida amabere ya kwikora kandi utonsa

Mu byishimo byinshi Heritier Luvumbu yagaragaje umukinnyi wa Rayon Sports yari akumbuye ku buryo bukomeye