in

Cyateje imvururu: Na we ihere ijisho amashusho agaragaza neza igitego gikomeje guteza impaka cya APR FC yatsinze ikipe ya Kiyovu Sports (amashusho)

Ikipe ya APR FC mu mikino wayihuzaga n’ikipe ya Kiyovu Sports muri 1/2 mu mikino y’igikombe cy’Amahoro yaje gutsindamo igitego cya kabiri ariko umusifuzi aracyaga bikaba byateje impaka zo ku rwego rwo hejuru.

APR FC yabanje igitego hakiri kare cyane cyatsinzwe n’umukinnyi uri kwitwara neza cyane Kwitonda Alain Bacca ku munota wa 23 w’umukino cyaje kwishyurwa ku munota wa 73 na Mugiraneza Frouduard maze ikipe ya APR FC nk’ikipe yari maze kwishyurwa igitego yahise ishyiramo imbaraga ngo ishake igitego cya kabiri maze ikibonye umusifuzi aracyaga.

Na we ihere ijisho amashusho y’igitego cya APR FC cyanzwe gikomeje guteza impaka:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore imitoma iri mu magambo y’icyongereza ushobora kubwira umukunzi wawe ikamukora ahantu ku buryo atakwifuza kujya ahandi

Inkende yatawe muri yombi yambikwa n’amapingu nyuma yamahano yakoreye ku nzu y’umuturage