in

”Nuko umuntu azajya mu ijuru mwe muri mu bujajwa” Dj Brianne agarutse ari mu gakiza avuze aho akorera ibyaha naho yihanira(videwo)

”Nuko umuntu azajya mu ijuru mwe muri mu bujajwa” Dj Brianne agarutse ari mu gakiza avuze aho akorera ibyaha naho yihanira.

Ibi byabaye mu kiganiro yagiranga na Yago tv show ubwo uyu muvanzi w’imiziki Dj Brianne yagaragaye aririmba indirimbo z’agakiza bigatungura benshi gusa yagize n’ubutumwa atanga.

Reba Videwo hasi.

https://www.instagram.com/reel/ClbMZhZKUUm/?igshid=YmMyMTA2M2Y=

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urasa nka Muheto! urasa nka Jolly! Ifoto ya Clapton Kibonke yisize bya birungo by’ubwiza by’abakobwa ndetse yasokoje nk’abakobwa yaciye ibintu

Ntiwayikekera imyaka ifite:injangwe ishaje kuruta izindi ku isi yatahuwe