in

Nubona ibi biri kuba uzamenye ko urukundo rwawe rwamaze kurangira 

Nubona ibi biri kuba uzamenye ko urukundo rwawe rwamaze kurangira.

Hari ibimenyetso byinshi bishobora kukwereka ko urukundo rwawe ruri mu marembera, ndetse urukundo ruri gusenyuka rugaragarira ku tuntu duto cyane.

1.Niba usigaye uhamagara umukunzi wawe rimwe na rimwe ntakwitabe cyangwa akajya akubwira ngo umukupire yitabe, uzamenye ko atakikwiyumvamo.

2. Niba umukunzi wawe atacyemera ko hari ahantu mujyana, nabwo uzamenye ko ruri mu marembera.

3. Nuzajya wumva nt’amagambo yo kuvuga agifite igihe muri kuganira nabyo ni ikindi kimenyetso.

4. Nta imosiyo aba akigira igihe muri kuganira.

5. Ntaba acyemera ko umukoraho cyangwa umuhobera igihe ubushakiye.

6. Aba asigaye yisanzura ku bandi kurusha uko akwisanzuraho.

7. Ntuba ukimwizera

8. Uba usigaye ukunda amafaranga kurenza uko umukunda.

9. Ntuba ugitekereza ahazaza hanyu mwembi.

Ni bindi byinshi.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza ku banyarwanda bakunda Amavubi: Wa mukinnyi wimwe u Rwanda burya ibye ntabwo byarangiye

“Ufite imisatsi inyerera nk’ifumbirwa, reka nyikoreho wenda mbifungirwe” – Umutoma W’umunsi