in

Ntwari Fiacre yamaze gusinyira ikipe ikomeye hano mu Rwanda atera umugongo ikipe zirimo APR FC na Rayon Sports zamwirukagaho

Ntwari Fiacre yamaze gusinyira ikipe ikomeye hano mu Rwanda atera umugongo ikipe zirimo APR FC na Rayon Sports zamwirukagaho

Umuzamu ukomeye cyane hano mu Rwanda wari uri kwirukwaho n’amakipe menshi Kandi akomeye hano mu Rwanda Ntwari Fiacre yamaze gusinyira ikipe ya Police FC.

Uyu muzamu yashakwaga cyane n’ikipe ya Rayon Sports ndetse na APR FC ariko uyu muzamu amakuru ahari ni uko yamaze guhitamo ikipe ya Police FC itozwa na Mashami Vincent.

Gusinya kwa Ntwari Fiacre muri Police FC bibaye ibintu butunguranye cyane bijyanye ni uko amakipe yavugwaga cyane muzimwifuza ntabwo iyi kipe yari irimo ariko bijyanye ni uko umutoza wayo amuzi byahise birangira mu buryo bwihuse.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gasabo: Umwana w’imyaka 5 yishwe atewe amabuye anakurwamo amaso

Bakubitwa nk’abana bato! Rubavu abagabo barembejwe n’inkoni bakubitwa n’abagore babo babakubitira ku karubanda