in

Ntibisanzwe! Ibiciro byo kwinjira ku mukino urahuza Rayon Sports na Interforce FC byakubitswe ishoka

Ntibisanzwe! Ibiciro byo kwinjira ku mukino urahuza Rayon Sports na Interforce FC byakubitswe ishoka.

Uyu munsi tariki 16 Mutarama 2024 nibwo ikipe ya Interforce FC irakira Rayon Sports mu mukino wa 1/8 w’igikombe cy’Amahoro urabera kuri Kigali Pele Stadium aho umuntu ufite inote y’igihumbi ashobora kureba uyu mukino akaba ari bintu bidakunze kubaho igihe Rayon Sports yakinnye gusa n’ibiciro byashyizweho n’ikipe ya Interforce FC kubera ko ariyo yakiriye umukino.

Dore uko ibiciro byo kwinjira ku mukino urahuza Interforce FC na Rayon Sports bihagaze:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bayahawe: Abakinnyi b’ikipe ya Kiyovu Sports bari kumwenyura

Umuraperi Sky2 yabazwe -Amafoto