in

Ntashobora kugusoma! Musore ngiyi impamvu ituma umukunzi wawe atigera agusoma kabone niyo wamusaba ako kwitama

Mu rukundo abantu benshi baba bumva basomana n’abo bakundana gusa hari igihe umukobwa yanga gusomana n’umusore bari mu rukundo. Muri iyi nkuru tugiye kukwereka impamvu zituma atagusoma.

Ntabwo yiteguye 

Ntuzahatire umukunzi wawe kugusoma kuko hari igihe aba atari yitegura bityo wimutwara byishuse ahubwo mutware gake hari igihe azagera akabyemera kuko abakobwa nk’abo baba bakeneye igihe gusa.

Kugira ubunararibonye bubi

Hari igihe umukunzi wawe aba yaragize ubunararibonye bubi muri icyo gikorwa rero bituma adashaka kubisubiramo kuko aba atari yakira icyo gikomera.

Ntabwo umukurura

Uku niko kuri, niba umukunzi wawe atagusoma ntabwo umukuru, rero kugira ngo ubikemure icarana n’umukunzi wawe mubiganireho.

Ntabwo yiteguye urukundo nyakuri

Uko gusomana kwaba bimeze kose bishobora kugaragaza umubano nyakuri, rero nubona batagusoma uzamenye ko umubano muri kugirana ari uwo kubeshyanya.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yolo the Queen utavugwaho rumwe yongeye kurikoroza ku mbugankoranyambaga _ AMAFOTO

Rubavu habereye impanuka ikomeye yapfiriyemo abarimo n’umupolisikazi