in

“ntago nzanywe n’amafaranga” Umunyamakuru Ndahiro Valens Pappy wakaniye ko agomba kwinjira mu muziki yavuze ko amafaranga atari yo amuzanye mo, ahubwo avuga icyatugunguye benshi

“ntago nzanywe n’amafaranga” Umunyamakuru Ndahiro Valens Pappy wakaniye ko agomba kwinjira mu muziki yavuze ko amafaranga atari yo amuzanye mo, ahubwo avuga icyatugunguye benshi

Ndahiro Valens Papy umenyerewe mu mwuga witangazamakuru yongeye gukomoza ku bijyanye mu kwinjira mu muziki kwe ndetse abishimangira avuga ko atazaba aje gushaka mo amafaranga ahubwo azaba aje kwimara agahinda.

Mu kiganiro yahaye The Choice yavuze ko bitatungura n’abantu akoze indirimbo imwe gusa agahita arekera kuko we ngo icyo agamije ni ugutanga ubutumwa binyuze mu ndirimbo.

Ndahiro Valens Papy ni umunyamakuru kuri ubu ukorera kuri Terevisiyo ya BTN Tv mu gisata cy’amakuru.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rugaju Reagan yongeye kugaragaza agahinda yatewe n’urupfu rwa Nyirakuru umaze ukwzi yitabye Imana

Nyuma y’umukobwa ukomeje gutitiza imbuga nkoranya mbaga bitewe na fosete ze, menya icyo fosete zisobanuye