in

Nta mikino agira: Umuraperi Pfla yongeye kugaragaza ko atavugirwamo arahaguruka ari gendera ikiganiro kigeze aharyoshye nyuma yo kubazwa ibintu atishimiye kuri televiziyo (video)

Umuhanzi w’umuraperi Pfla ukunzwe cyane hano mu Rwanda yongeye gushimangira ko adakunda abantu bamubaza ibi bazo bitabareba ubwo yari mu kiganiro kuri televiziyo ya BTN.

Mu mashusho yagaragaye ku rubuga rwa Instagram ya @hirwa-redemptus yagaragaje umuraperi ukomeye cyane hano mu Rwanda watangiye umuziki nyarwanda kera abantu bakamumenya byimbitse ubwo yari mu itsinda rya Taff Gang ryabarizwagamo abahanzi bakomeye cyane mu njyana ya Hip Hop yatunguye benshi ubwo yahagurukaga mu kiganiro hagati akigendera.

Na we ihere ijisho amashusho y’umuhanzi Pfla ahaguruka mu kiganiro akigenda nyuma yo kubazwa ikibazo atishimiye:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nta rwitwazo ku misifurire noneho! Hamanyekanye abasifuzi bazasifura imikino yo kwishyura ya 1/2 mu gikombe cy’amahoro

Na we arazifite: Umuhanzi Bruce Melodie yongeye kuvugisha imbaga y’abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga bitewe nibyo babonaga ku mafoto yashyizeho (amafoto)