in

“Nta kindi nakubwira kiruta kukubwira ko ngukunda “Bahavu Jeannette yereka umugabo we urukundo

Couple ya Bahavu Janet na Fleury ni imwe muri couple z’ibyamamare mu Rwanda zihora zigaragarizanya urukundo rugurumana bifashishije imbuga nkoranyambaga. Kuri ubu Bahavu wamamaye muri Cinema nyarwanda by’umwihariko muri filime ya City Maid yabwiye umugabo we ko hari ibintu byinshi yavuga ariko ko muri byose ntacyamurutira ijambo ‘”ndagukunda “.

Bahavu abinyujije kuri instagram ye yashyize hanze amafoto ye ari kumwe numugabo we Ndayirukiye Fleury maze agira ati:” nubwo mfite byinshi nakubwira ariko simbona amagambo yanjye nabivugamo ,ikintu cyoroshye nakubwira ni uko ngukunda yaba none ndetse n’ubuziraherezo”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impinduka ku mukino uzahuza Rayon Sport na APR FC

Musore kuba nta mafaranga ufite si ikibazo! Dore uburyo wabona umukobwa mukundana bidasabye amafaranga