in

Nta kiguzi bisaba: Ibanga ryo kugira ubushake bwo gutera akabariro ku bashakanye

Kugira ngo ushimisha ndetse unaryoherwa n’igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina, hari ibintu ukwiye kwirinda, bimwe muri byo:

Irinde kunywa inzoga n’itabi kuko bibuza igitsinagabo gufata umurego icyakimwe no kugabanya intangangabo mu mubiri.

Gukorana sport ku bashakanye byongera ubusabane n’ubwumvikane mu bikaba akarusho mu gihe k’igikorwa cyo gutera akabariro.

Irinde kurya ibiryo byinshi kuko kurya cyane bitera kugira ubunebwe no kumva usinzira.

Irinde kwikinisha cyane ku bagabo kwikinisha igihe kirekire bitera igitsinagabo gutinda gufata umurego

Irinde kunywa ibinyobwa byongera imbaraga kuko birimo isukari igufasha kumva ugize imbaraga ariko zikaba izigihe gito.

Ibiribwa bishobora kongera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina muri ibyo harimo: Imuneke, urusenda ndetse n’amagi

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akinyuma! Iyi niyo pozisiyo (postion) ya mbere abagabo bakunda iyo bari gutera akabariro, menya byinshi kuri yo

Ni umuti: Ese wari uziko urukundo rukozwe neza hari indwara bivura