in

Nta bumuntu bukibaho pe: Ababyaza barashinjwa kugurisha ibice by’imibiri y’impinja 

Nta bumuntu bukibaho pe: Ababyaza barashinjwa kugurisha ibice by’imibiri y’impinja

Ababyaza bane bo mu gace ka Tabora mu Burengerazuba bwa Tanzania bari mu nkiko bashinjwa gushaka kugurisha ibice by’imibiri y’impinja ebyiri zavutse ari impanga.

Izi mpinja zavutse ari impanga ariko ku bw’amahirwe make ziza gupfa zikivuka. Abo babyaza bahise bazikuramo bimwe mu bice by’imibiri ngo babigurishe.

Hashyizweho komite idasanzwe ikora iperereza kuri icyo kibazo isanga ni ko byagenze.

Umubyeyi w’izo mpinja yavuze ko yasanze amaso yazo yakuwemo ndetse n’uruhu rwo mu maso rwashishuwe.

Nubwo abana bapfuye bakivuka, raporo y’iperereza igaragaza ko bazize kutitabwaho, nk’uko BBC yabitangaje.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyarwanda uhanzwe amaso na benshi ukinira ku mugabane w’iburayi yatwaye igihembo gikomeye

Umuhanzi Sintex uherutse kuva mu gihome yavuze impamvu ya hanze indirimbo ‘Hand of God’