in

“Nta basaza nshaka ko baza”, burya yarakize ahita amwirengagiza! Amashusho ya Papa wa The Ben avuga ibyo umuhungu we yamukoreye akomeje gukora ku mitima ya benshi

“Nta basaza nshaka ku kibuga k’indege”, burya yarakize ahita amwirengagiza! Amashusho ya Papa wa The Ben avuga ibyo umuhungu we yamukoreye akomeje gukora ku mitima ya benshi.

Ku mbuga nkoranya mbaga hakomeje gucicikana amashusho ya Papa wa The Ben mbere y’uko yitaba Imana.

Muri aya mashusho avuga mo uburyo umwana we yanze ko bahura mbere ndetse hakaba nubwo yigize kuva mu mahanga akabamaganira kure akavuga ko nta basaza ashaka aho bari.

Mu gahinda kenshi uyu musaza kandi yumvikana asaba The Ben amahirwe yanyuma yo kuba yamubona imbona nkubone nubwo bishoboka ko bitakunze.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
3 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Eddy
Eddy
1 year ago

Mzee mwihorere isi ntisakaye kdi umugore umaze gukira aryama aheneye iwabo.

Emmy
Emmy
1 year ago

Ariko mugira amatiku kweli! Ntabwo muzi uko The Ben yakuze, niba uwo musaza yarabataye ari bato abana bakarya struggle bakabona uko babaho. Kuki abonye ateye imbere akaba aribwo amushaka? Kuki se Mama we ataranga ko babonana?

Isi n'abayituye
1 year ago

Hahaha, buri wese yamenye ibye ra??? Mu gihe yabatereye c ko ntawe yifuje guhura nawe bo bamukumbure gute?
Yashimye kwigira nyamwigendaho mbere ashima inshoreke kuruta mama wa ba Ben. Mwivuga kuri ubu rero buri wese najye yikorera agasaraba ke.
Nta numwe Uzi igihe ark biriya ni ibyabo.

Yatengushye abakunzi bayo: Mukura Victory Sports yatangiye shampiyona yigirizwaho nkana n’ikipe ivuye mu cyiciro cya kabiri 

Kimenyi nagire atange inkwano pee! kuko n’akomeza gutinda; Bitewe n’ibintu Miss Muyango yeretse Abanyarwanda byatumye Kimenyi ahamagazwa igitaraganya bamubwira icyo akwiye gukora mu maguru mashya -AMAFOTO