in

Nkuko Intare zabivuze, Rayon Sports igiye gukina na FERWAFA idafite President weguye

Umukino w’igikombe cy’amahoro utarabereye igihe wari uteganyijwe kuba none ku wa gatatu kugira ngo hamenyekane ikipe ikomeza mu kiciro gikurikira.

Kugeza magingo aya nkuko tubikesha umunyamakuru rugangura, ntabwo Intare FC bari bagera kuri Stade ya Bugesera aho uyu mukino wari bubere.

Perezida wa Intare FC aherutse gutangaza ko batazigera bakina na Rayon Sports ndetse ko nta makuru ajyanye n’umukino bashaka kumva nyuma y’uko Rayon Sports yikuye mu irushanwa .

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igiye guterwa mpaga! Inkuru ibaye impamo koko wa mukino wari guhuza Intare FC na Rayon Sports ntukibaye

Nawe ubwe yirebye ahita aseka : Anita Pendo yananiwe gukenyera igitambaro maze nawe ubwe ariseka – Videwo