in

Niwe mukobwa mwiza ku isi ! Abatari bake bakomeza kwibaza umuntu uzahirwa agatsindira umutima wa Miss w’isi kubera ubwiza bwe budasanzwe

Niwe mukobwa mwiza ku isi ! Abatari bake bakomeza kwibaza umuntu uzahirwa agatsindira umutima wa Miss w’isi kubera ubwiza bwe budasanzwe.

Yitwa Karolina Bielawska umukobwa wahize abandi mu bwiza muri 2021-2022, ubu niwe miss w’isi mu gihe uwa 2023 – 2024 atorwa.

Uyu mukobwa wavutse muri 1999 akaba afite imyaka 24 akomoka mu gihugu cya Poland ndetse yabaye Miss Poland muri 2019.

Uyu mukobwa asanzwe ari rwiyemeza mirimo ndetse akaba n’umunyamideri wabigize umwuga.

Ni umukobwa utari yerekana umukunzi we narimwe, abenshi bakomeza kwibaza uzamwegukana, bavuga ko bigoye ariko ntawamenya kuko urukundo ni impumyi.

Amafoto.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Arsenal yandagaje ikipe naho Man U yo ikubitirwa mu gafuka! Uko imikino y’umunsi wa mbere ya UEFA Champions League yarangiye

Burya Muheto ntabwo ariwe mukobwa mwiza wari ari mu irushanwa rya Miss Rwanda, hari hari undi umurenze! Ihere ijijo ubwiza bw’umukobwa wavutse 2003 wabuze inota 1 gusa ngo atware ikamba rya Muheto Divine