in ,

Nicki Minaj mu marira nyuma yuko atewe n’umuhisi,Nas

Nicki Minaj ufite imyaka 34 ,ngo amaze igihe kitari gito ashakira umwana hasi hejuru,ni muri urwo rwego uyu mukobwa ngo yabashije kwiyegereza umuraperi Nas maze amukuraho umwana.

Gutwita kwa Nicki Minaj ibinyamakuru byinshi birimo The Sun na Rafiner,MTO byatangiye kubicyeka nyuma yuko we ubwe ashyize kuri tweet agashusho k’umwana

nk’uko MTO ibitangaza ngo Nicki aratwite ariko se w’umwana we yamaze kumwereka ibitugu arenga kuko ngo yabonaga ibyabo bigurumana nk’agahararo.

Nk’uko rafinery ibivuga niba koko Nicki atwite yaba yarakuye ku muraperi Nas icyo yifuzaga gusa akabura Nas kuko uyu musore we ngo yamwiyegereje asa n’uwihitira (umuhisi ,umugenzi).

Nicki yakundanye na Safaree Samuels igihe cy’imyaka 10 nyuma baza gutandukana maze ahita yiyegurira umuraperi Meek Mill nawe mu minsi ishize baratandukanye maze Nas ahita ahashinga ikirenge gusa we ntiyahatinze kuko nyuma y’igihe cy’ukwezi n’igice gusa yahise abivamo maze atangaza ko ngo yahagaritse gukundana na Nicki kuko yabonaga ibyabo bigendera ku muvuduko w’agahararo,utari uw’urukundo nyarwo.

 

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore amafoto agaragaza ubwiza budasanzwe bwa Simbi Fanique, igisonga cya kane cya Miss Rwanda 2017

Irebere abakinnyi bakomeye batsinzwe ikizamini cy’ubuzima bikabaviramo kutagurwa nindi kipe