in

Niba wicara amasaha 6 muri ubu buryo ukwiye kumenya ibi bikurikira

Rimwe na rimwe hari ibyago bitugeraho ariko kandi ugasanga aritwe ku giti cyacu tubyikururira kandi hari uburyo twakabirwanyije , niba rero wicara umwanya munini aho ukorera ariko kandi ukicara uhese umugongo ukwiye kumenya ko uzagerwaho n’izi ngaruka zikurikira :

  • Guhagarara wemye bizagenda bigabanuka
  • Ibiro byawe biriyongera 
  • Kugira uburibwe bukabije mu mugongo , ijosi ndetse n’ibitugu
  • Kugira indwara y’agahinda gakabije 
  • Kugira ubwoba
  • Kurwara cancer zitandukanye zirimo niy’ibihaha  
  • Kurwara umutima

Izi ngaruka zose rero ngo ushobora kuzirwanya ukora siporo ngorora mubiri zibanda cyane mu gutuma umugongo wawe udatakaza ubushobozi bwawo bitewe n’uburyo wicaramo.

Amafoto agaragaza siporo ukwiye gukora 

Source: Health Line

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niyo wavumba, gahunda y’ijoro ry’ubukwe bwa Prince Kid na Miss Elsa

Iradukunda Pascal wa Rayon Sports yatanze ukuri ku bivugwa ko agiye kugurwa na APR FC