in

‘Niba serivise zihabwa abahinzi ziri inyuma tuzarya iki? Umunyamakuru Karegeya yibajije aho ibiryo bitunga abanyarwanda bizava nyuma y’uko RGB itangaje ko imibereho myiza y’abaturage iri inyuma y’ibindi byose [VIDEWO]

Umunyamakuru Karegeya yibajije aho ibiryo bitunga abanyarwanda bizava nyuma y’uko RGB itangaje ko imibereho myiza y’abaturage iri inyuma ku kigero cya 75. 51%.

Mu kiganiro cya RadioTv10, uyu munyamakuru yibaza aho ibiryo bizava mu gihe ifumbire itinda kugera ku baturage kandi n’imbuto ntibayibonera ku gihe.

Karegeya akomeza kwibaza aho ibizatunga abantu bizava.

VIDEWO

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifata benshi mu banyarwanda: RBC yatangaje indwara yandurira mu mibonano mpuzabitsina iri mu banyarwanda cyane kurusha izindi ndwara

Yatoje Bhutan? Umunyamakuru Ingabire Egidie Bibio Televisiyo Rwanda yibajije ibibazo buri Mukunzi w’umupira ari kwibaza nyuma y’umutoza mushya w’Amavubi