in

“Ni Umunyeshuri wanjye” Umugabo ushinjwa kurongorera inshoreke mu marembo y’urugo rwe, yabihakanye yivuye inyuma avuga ko ari Umunyeshuri yigisha kunyonga

“Ni Umunyeshuri wanjye” Umugabo ushinjwa kurongorera inshoreke mu marembo y’urugo rwe, yabihakanye yivuye inyuma avuga ko ari Umunyeshuri yigisha kunyonga.

Mu Murenge wa Kinihira mu Karere ka Ruhango, haravugwa umuryango ubanye mu makimbirane nyuma y’uko umugabo yashakiye Inshoreke mu marembo y’urugo rwe.

Mathilde ashinja umugabo we Pierre kumushakiraho inshoreke, ikisumbuyeho akayishakira mu marembo y’urugo rwe.

Pierre ushinjwa n’umugore abihakana yivuye inyuma.

Mathilde avuga ko umugabo we yamutaye we n’abana babyaranye, ariko ko ikibabaje ari uko yanagiye asahuye urugo, none byatumye bakena.

Tuyiringire Jean Pierre uvugwaho izi ngeso, azihakana yivuye inyuma, avuga ko uwo bamushinjaho kuba yaragize inshoreke, ari umunyeshuri we yigisha kudoda.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Uteye ubusambo pe” Wa musore w’amatuza Rutambi yatumye abakobwa barabya indimi (amafoto)

Abakiri bato bakomeje kwiyahura umusubirizo, Nyakabanda umusore ukiri muto yiyahuye akoresheje kimwe mu bikoresho byica nabi abagerageje kubikoresha biyahura