in

“Ni umugore akaba mutima w’urugo, ni mushiki wanjye nkunda kandi nishimira” Munyakazi Sadate wigeze kuyobora Rayon Sports yikojeje mu bitabo by’inganzo ni uko maze atakagiza umunyamakuru wa televiziyo Rwanda, Ingabire Egidie Bibio wagize isabukuru y’amavuko (AMAFOTO)

“Ni umugore akaba mutima w’urugo, ni mushiki wanjye nkunda kandi nishimira” Munyakazi Sadate wigeze kuyobora Rayon Sports yikojeje mu bitabo by’inganzo ni uko maze atakagiza umunyamakuru wa televiziyo Rwanda, Ingabire Egidie Bibio wagize isabukuru y’amavuko.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Munyakazi Sadate yifurije isabukurunziza umunyamakuru wa televiziyo Rwanda, Ingabire Egidie Bibio wavutse.

Akoresheje amafoto bari kumwe, yatakagije Egidie Bibio binyuze mu magambo.

Yagize ati: “Uyu mureba n’Umubyeyi uhekeye u Rwanda ba nyampinga n’Ingabo zo kururinda, n’Umugore akaba mutima w’urugo, ni mushiki wanjye nkunda kandi nishimira, yitwa @EgidieBibio #Ingabire twagabiwe na rugira, uno munsi yavutse yo kavukira i Rwanda, ngaho ni mumuvugire ibisigo, ni mumuvugire uduhozo, ngaho ni mu mwifurize amavuka meza. Ikirusha ibindi n’Inkotanyi cyane.”

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports ibintu ibishyize ku rundi rwego: Murera itangaje ibintu bizagaragara mu birori byo ku munsi w’Igikundiro bishobora gutuma abadakunda ruhago aribo bazaba biganje muri sitade

Yazishyiragamo akanazikaraga! Pasiteri ari mu mazi abiri nyuma yo kugubwa gitumo ari gukoza intoki ze mu gitsina cy’umugore wazaga gusengera iwe