in

“Ni Papa wange wa kabiri” Umugore w’umuraperi B-Threy yamuteye imitoma idasanzwe

Umugore w’umuraperi Muheto Bertrand wamamaye ku izina rya B-Threy uri mu bahanzi bakomeye cyane hano mu Rwanda yatangaje amagambo akomeye ku mugabo we.

Keza Muheto yateye umugabo we imitoma yo ku rwego rwo hejuru biratinda akaba ari imitoma yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram avuga uburyo asigaye afata umugabo we nk’umubyeyi we wa kabiri akomeza kandi avuga ko ari we bwatsi aruhukiramo akaba ari ingabo yiyengamizaho kandi ko ari we kintu kirenze ibindi byose yagezeho mu buzima bwe.

Umugore wa B-Threy Keza yokomeje ku manuka imitoma yakataraboneka biratinda avuga ko azakunda umugabo we kugeza kwiherezo ry’ubuzima kandi ko azamuzoha ku ndiba y’umutima.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Noneho Wayz arifata gute? Juno Kizigenza yagaragaye ari kumwe n’umukobwa mushya bivugwa ko yasimbuje Ariel Wayz (AMAFOTO)

Bamwe bati si we abandi nabo bati asa nawe: Ifoto y’umunyabigwi Rider Man ikomeje gusubizamo imbaraga abari baritakarije icyizere