in

“Ni amahitamo y’umutoza” Rutahizamu wa Kiyovu Sports utarahawe umwanya ku mukino wa APR FC, yacyije umuriro ku mutoza we

“Ni amahitamo y’umutoza” Rutahizamu wa Kiyovu Sports utarahawe umwanya, yacyije umuriro ku mutoza we.

Rutahizamu Iradukunda Bertrand yacyije umuriro ku mutoza we utaramukinishije ku mukino wa APR FC.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga zigiye, Bertrand yavuze ko ejo yari amaze neza ko ntakibazo yari afite.

Yavuze ibi nyuma yo guterwa imijugujugu n’abafana ba Kiyovu Sports ko yanze gukina umukino wa APR FC.

Nyuma yo kubona ko yabaye agicibwa yahise guhita atangaza ukuri kuri ibyo, aho yavuze ko ikibazo atari we ko ari amahitamo y’umutoza.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Bigoye ariko biryoha” Rigoga Ruth yavuze ibintu 3 bigora abadamu ariko bikanabaryohera – AMAFOTO

“Umwali wabyariye Umulisa” Umuramyi Aline Gahongayire yerekanye Nyirakuru maze aboneraho kumutakagiza (IFOTO)